BINTU ICUMI BY’INGENZI WAMENYA KU MIRIRE

Imirire n’igice cy’ingenzi mu buzima bw’igihumeka cyose, Imirire myiza igendana no gukura neza ku mwana, kubyara neza, kuba umubiri ubasha kwirwanaho,gutwita neza ndetse bigabanya kurwara indwara zitandura nka diabete,umutima ni bindi..

Abana bafite ubuzima bwiza biga neza, kandi abantu babona Imirire ihagije bakora neza, umusaruro ukiyongera bagahanga amahirwe atandukanye bigatuma ubukene bugabanyuka.

Imirire mibi muri buri ngeri,igaragaza ikibazo cy’umvikana uwo muntu abafite,muri kano kanya isi iriguhura nicyibazo cya (double burden of malnutrition) hakubiyemo kurya nabi cyangwa kuba umubiri utabasha kwakira intungamubiri nkuko bikwiye cyangwa ngo zikoreshwe (undernuttrtion) ndetse no gukura cyane (overweight) cyane cyane mu bihugu biri gutera imbere.

Umuryango wa bibubye ushinzwe ubuzima( WHO) ukaba ugerageza kugira inama ndetse no gufata imyanzuro yafasha ibihugu kurwanya byivuye inyuma ingeri zose z’imirire mibi n’ubuzima bwiza kuri bose.

IBINTU ICUMI WAMENYA NK’INGARUKA ZATEWE NI MIRIRE MIBI IBA YATANGIYE MU GIHE CY’UBWANA.

IMIRIRE MIBI IGIRA URUHARE MU BURWAYI NDETSE NIPFU Z’ABAGORE NABANA

Kurya nabi biterwa no kutabona vitamin nimyunyu ngugu ihagije,bifite uruhare rwa kimwe cya gatatu cy’ipfu zabana hamwe nubumuga buziraho ,ikindi gukura birengeje urugero(overweight) iganisha ku ndwara zidakira (chronic disease)nka diabete ni ndwara zu mutima.

 

IKINTU CY’INGENZI KIGARAGAZA IMIRIRE IDAKIRA NI UKUGWINGIRA(STUNTING)

Kugwingira ni gihe umwana ari mugufi cyane ugereranije ni myaka yabo nkuko tubikesha umuryango wabibubye ushinzwe ubuzima(WHO) bivuzeko miliyoni 155 za bana kwisi bafite icyibazo cyo kugwingira bivuye mu kigereranyo cyasohotse muri 2016

 

ABANGANA NA 1.5 MILIYONI BAPFA BURI MWAKA BAZIZE KUNANUKA GUKABIJE (WASTING)

Kunanuka(gushiraho) ndetse no kubyimba ibi byose ni ngeri yi mirire mibi, biterwa no kubura ibiryo mu gihe gitoya cyangwa bitewe nu burwayi,kuzamuka kwigiciro cy’ibiribwa kwisoko cyangwa ubushyambirane bwa baturage ahantu runaka ndetse ni biza ibi byose bituma umuryango utabasha kubona uko bikwiriye ibibatunga, bigatera kunanuka gukabije.

 

VITAMIN HAMWE NI MYUNYU NGUGU BIDAHAGIJE NIKIBAZO KWISI HOSE

Vitamin ndetse ni myunyu ngugu zi ngenzi bu biryo ni ngenzi mu kuzahura ubudahangarwa bw’ubumiri no gukura. Ubucye bwa Vitamin A, zinc,ubutare ndetse na iodine ni bihangayikije societe muri rusange.kwisi 33% bya bagore, na 42% bya bana bafite hagati ya mezi 6-59 bafite ikibazo cya maraso make ibi bigaterwa no kubura ubutare mu maraso. Vitamin A idahagije ifata 29% bya bana baba mu bihugu biri munzira ya majyambere, bikaganisha kubuhumyi ndetse ni pfu za hato na hato.

 

KUTABONA IBIRYO BIHAGIJE(KURYA NABI) BITERA INGARUKA MUGIHE CYO GUTWITA

Imirire mibi mu gihe utwite, biganisha kupfu zo mugihe cyo kubyara cyangwa ibindi bibazo bitandukanye , Imirire mibi yo mugihe cyo gutwita ni gihe cyu bwana biri mubitera 10% byi ndwara zikomeye kwisi hose.

 

KONSA NEZA BYARINDA IMFU 823000 MU BANA BARI MUNSI YI MWAKA ITANU

WHO itegeka ko umubyeyi agomba konsa umwana we amezi atandatu ntacyo amuvangiye, nyuma yaho akamuha indyo yuzuye kandi ntahagarare ku mwosa kugeza ku mwaka ibiri, kugaburira neza umwana bigabanya kugwingira, umubyibuho ukabije, kujijuka. Ikindi kandi birinda kanseri y’ibere niyinkondo y’umura.

 

IMIRIRE MYIZA NI PHUNDO KUNGIMBI MU KWIRINDA KUBURA AMARASO(ANAEMIA)

Ikibazo cy’imirire ku ngimbi kiba cyaratangiriye mu bwana mpaka no mubukuru, kurinda Imirire mibi kubana ba bakobwa byagabanya imfu za bana bavuka, nabapfa nyuma.
Abagore batwite bagira ikibazo cyo kubura amaraso ku kigero cya 40% kwisi.

 

ABANA BARI MUNSI Y’IMYAKA ITANU BAGERA KURI MILIYONI 41 BAFITE IKIBAZO CYO GUKURA BIDASANZWE

Gukura cyane hamwe nu mu byibuho ukabije kwisi ni kibazo gikomeye, kuko abantu babifte bagirwaho ingaruka no kurwara kurwara diabete, indwara zu mutima.

 

AMAKURU KU MIRIRE NI NGENZI KU KUMENYA AHAKENEWE INGUFU

WHO yasohoye ibipimo ngenderwaho byo gupima abana ngo hamenywe ikigero bahagazemo mu bihugu bitandukanye,

 

INGAMBA NO GUSHYIRA MU BIKORWA NI NZIRA NZIZA YO GUKIZA UBUZIMA

Ubumenyi rusange(science) burikwiyongera, ni bihamya cyangwa ibyemeza icyateza imbere Imirire byose birazwi. Abita ku buzima bose bashyira hamwe kugirango batange ubujyanama ku leta zi bihugu.

Related Posts

Leave a Comment