Umubyibuho ukabije ufitanye isano n’izindi ndwara zitandura gahoro gahoro uko ukomeza kubana nawo, abantu baratandukanye…
Philemon kwizera, RN
Philemon kwizera, RN
Author: Philemon Kwizera, RN/ Philemon is a Registered Nutritionist, with a bachelor’s degree in Human Nutrition and Dietetics from University of Rwanda.
-
-
NUTRITION THERAPY
AKAMARO K’URUGINGO RW’ IMPYIKO: IBIRIBWA WAKWIRINDA MUGIHE UFITE UBURWAYI BW’IMPYIKO
Indwara y’impyiko n’ikibazo gikomeye kandi gihangayikishije umuryango ni si muri rusange, aho 10% mubatuye kw’isi…
-
Umwana utangiye gufata imfashabere, n’ibyiza kumuha ibiribwa by’amoko atandukanye kugirango agire ubuzima bwiza kandi akure…
-
Umwana akenera indyo ihagije kandi yuzuye kugirango abashe kubona imbaraga zo gukura, gukina no kwiga.…
-
IMIRIRE N'INDWARAKUBUNGABUNGA IBIRO
IMYITWARIRE ITERA KUGIRA UMUBYIBUHO UKABIJE: IBYO WIBAZA KU MUBYIBUHO UKABIJE
Umubare wabafite umubyibuho ukabije wiyongera buri munsi, ubu imfu miliyoni 3.4 kw’isi zimaze kuba zitewe…
-
Hari abavuga batari bacye ko kunywa amazi uri kurya bituma acid y’igifu icika intege bikananiza umubiri gukora igogora neza.
-
IMIRIRE N'INDWARAKUBUNGABUNGA IBIROINDWARA Z'UMUTIMA
IBIRIBWA 10 BIKIZE KURI POROTEYINE (IBYUBAKA UMUBIRI)
Poroteyine (Ibyubaka umubiri) tuzisanga cyane mu bice bibiri byibiribwa bikurikira:
Ibiribwa bifite poroteyine bituruka ku matungo ( amata, amagi,inyama nibindi )
Ibiribwa bifite poroteyine bituruka ku bimera (ibihunnyo,ubunyobwa, ibinyamisogwe…) -
IMIRIRE N'INDWARAIMIRIRE N'INDWARAINDWARA Z'UMUTIMA
VITAMINE B NA C, ESE TUZISANGA HE? ZIFITE AKAHE KAMARO? IYO ZIBAYE NKE HABA IKI?
Vitamine zigabanyijemo ibice bibiri, aho igice kimwe kibasha kwihuza na mazi nkuko uvanga isukali ni cyayi bigakunda zigizwe na vitamin B na C
-
ABABYEYI BONSAIMIRIRE N'INDWARA
INDWARA Z’IBERE ZA KWIBASIRA UMUBYEYI WONSA ZIGATUMA UMWANA ATONKA NEZA
Amashereka akorerwa mu turemangingo twitwa alveoli tuba imbere y’ibere naho utwo dutsi tugahuza alveoli n’imoko, ibere rigira imitsi igera kw’icumi ishinzwe kujyana amashereka kwimoko mu gihe umubyeyi ari konsa
-
ABABYEYI BATWITEABABYEYI BONSAKUBUNGABUNGA IBIRODIYABETEIGIKONIIMFASHABEREIMIRIRE N'INDWARAINDWARA Z'UMUTIMAKUBUNGABUNGA IBIROKWITEGURA GUSAMA
IBINTU ICUMI BY’INGENZI WAMENYA KU MIRIRE
Abana bafite ubuzima bwiza biga neza, kandi abantu babona Imirire ihagije bakora neza, umusaruro ukiyongera bagahanga amahirwe atandukanye bigatuma ubukene bugabanyuka.